Reba Video

Reba Video

Urukundo

Ras Patrick: umuhanzi mushya mu njyana ya Reggae

Iki ni ikiganiro twagiranye na Ras Patrick.

Amakuru rasta patrick?

Raspatrick:amakuru nimeza cyane

Yeah Patrick utuzaniye indirimbo yawe nshya wise URABARUTA ukaba warayikoze mujyana ya reagge twayumvishe ni indirimbo nziza yaba amagambo ayirimo ndetse nimicurangire yayo ndavuga BEAT ese ubundi ni ubwambere uririmba cyangwa nubundi usanzwe ubikora ?ninde wagukoreye iyi ndirimbo?

Patrick:murakoze kumbaza icyo cyibazo yeah iyi niyo ndirimbo yange yambere ariko sibwo bwambere ndirimba kuko nsazwe ndirimba murusengero ndetse nahandi hantu hahuriye abantu ,naho iyi ndirimbo nshyize hanze bwambere nkaba narayikoreye muri studio yitwa nalord ikaba yarakozwe na pastor p

Uti niyo ndirimbo yambe ukoze kandi ukaba uyizanye munjyana ya reagge ese ko reagge abanyarwanda bavuga ko yazimye kuki wowe waba ariyo uzanye ntuze muri
rap cyangwa rnb doreko arizo njyana twavugako zikuzwe hano mu rwanda ?

Patrick:ambo burya buri muntu agira ijyanaye akunda ,mukuririmba cyangwa yamufashije nge kugiti cyange nahisemo injyana ya reagge kubera ko ari ijyana yazimye kandi nyikunda reagge mubusazwe ni ijyana itanga
ubutumwa duhereye kubagiye bayikoresha mbere ugiye wumva nkindirimbo za bobo ,lucky dube,piter toch nabandi beshi ntarondoye nange nakuze numva ibikorwa cyangwa indirimbo zabo bigatuma mbiyumvamo kugeza naho ninjiriye muri muzika najye nkaza nkora reagge

Ese ko uvuga ko reagge wayijemo kuberako itanga ubutumwa ubuse ushatse kuvuga ko abakora hip hop cyangwa izindi jyana ntabutumwa batanga?

Patrick:hoya sukuvugako abakora izindi jyana badatanga ubutumwa ahubwo buri wese agira uko atanga ubutumwa bijyanye nijyana akoramo
bityo nge nahisemo kujya ntanga ubutumwa bwange mujyana ya reagge kandi nkayikora live

Uti ugiye kujya ukora live none kuri wowe ni ikihe gicurangisho cya muzika uzi gucuranga kuburyo wajya imbere yabantu ukaririmba ndetse ukanabacurangira live urugero hano mu Rwanda nka Kizito Mihigo, Makanyaga nabandi bazi muzika?

Patrick: ibicurangisho byamuzika ibyishi nzi kubicuranga harimo nka piano,gital,ingoma nibindi ndumva uwshaka kubona uko ncuranga yazaza muma concert yange kuko nyuma yo kuririmba hakurikiraho kwiyereka abakunzi bawe(abafana)

Mugusoza ni iki wasaba abakunzi bawe ndetse nabakunzi bamuzika muri rusange?

Patrick:icyo nasaba abakunzi bange, ni ukunshyigikira ndetse no kumpora iruhande naho abakunzi ba muzika nyarwanda nabasaba kumva ubutumwa buri mundirimbo ntibite cyane kujyana kuko ubutubwa nibwo wubaka igihugu muri rusange.

Related Posts by Categories



Sem comentários:

Enviar um comentário